Umuhanzikazi Ava Peace wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko atifuza gukundana n’undi muhanzi, avuga ko umubano w’abantu babiri b’ibyamamare ushobora kuzana igitutu n’ibibazo by’inyongera.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwirinda kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’ibyuma, ahubwo rukitabira siporo kuko ari imwe mu nzira zo kubaka umubiri n’ubwonko bifite imbaraga.
Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.