Ad

Amakuru Mashya

Amakuru Aheruka

Reba Byose
DRC:Miguel Masaisai wamamaye mu kunyonga igare yapfuye
DRC:Miguel Masaisai wamamaye mu kunyonga igare yapfuye

ibitangazamakuru bitandukanye biratangaza uwamenyekanye mu kunyonga igare muri congo Miguel Masaisai yapfuye ku wa Gatanu tariki ya 18 Nzeri, nyuma yo gukora impanuka yo mu muhanda yabereye i Kabos, mu birometero 9 uvuye i Ntam, ku mupaka uhuza Repubulika ya Congo na Cameroun. Amakuru yakusanyirijwe aho impanuka yabereye avuga ko Miguel Masaisai yari yagize ikibazo cy’igare rye, maze asaba ubufasha umushoferi wa tagisi kugira ngo amugeze ahantu yari gusana igare rye, akomeze urugendo rwe. Iyo tagisi, yari itwaye abandi bagenzi babiri, nyuma yakoze impanuka. ibitangazamakuru byo muri iki gihugu bikavuga ko abantu bane bari muri iyo tagisi, harimo n’umushoferi, bose bahitanywe n’iyo mpanuka. Icyateye iyo mpanuka nyirizina ntikiramenyekana. Umuryango we ntiwemeza ko yapfuye Umuryango wa Miguel Masaisai utuye i Goma kuri uyu wa Gatandatu mu gitondo, ntiwemeza ko yapfuye. mushiki we yavuze ko umuryango ukomeje kuvugana n’umuyobozi wa Miguel Masaisai.

User Editor
7 0
niba ushaka gutera imbere tandukana  nibi bintu
niba ushaka gutera imbere tandukana nibi bintu

Imyitwarire abantu bagira mu buzima busanzwe igira uruhare rukomeye mu kugena uko ejo hazaza habohazaba hameze. Abantu bageze ku bintu bifatika mu buryo bugaragarira amaso, ntabwo ari uko ari abahanga mu bwenge cyane kurusha abandi, ahubwo ni uko hari ibintu baba barahisemo kugenderaho mu buzima bwabo ndetse bakabyubahiriza nk’aho ari ihame.

User Editor
9 0
Ad
Bana Natwe

Rubavu, Gisenyi, West

+250 787 126 439

inumatvjoe@gmail.com

Amafoto

Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.