Nibura abantu 20, barimo abana batanu, bamaze gupfa, mu gihe abandi benshi baburiwe irengero nyuma y’uko inyubako yari yarangijwe n’intambara isenyutse mu Ntara ya Gaza, nk’uko abashinzwe ubutabazi abivuga.
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro mugenzi we wa Bénin, Romuald Wadagni, watangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda.
Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.