Itsinda ry’abahanzi babiri, Kataleya na Kandle, ryasobanuye impamvu ahanini bahitamo kuririmba mu rurimi rwu Luganda, aho gukoresha Icyongereza. Bavuze ko imwe mu ndirimbo zabo bakoze mu Cyongereza itigeze ikundwa n’abakunzi b’umuziki nk’uko bari babyiteze.
Umuhanzikazi w'icyamamare mu gihugu cya uganda Winnie Nwagi yavuze ko uko agenda akura, ari na ko uburyo abona ubucuti n’inshuti bwagiye buhinduka, aho ubu aha agaciro abantu bamufasha gutera imbere kandi bakagira icyo cyiza bongerera ubuzima bwe.
Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.