Ad

Amakuru Mashya

Amakuru Aheruka

Reba Byose
Ishimwe Vestine yahakanya ko nta nzu   Idrissa Ouédraogo yubakiye  umuryango we
Ishimwe Vestine yahakanya ko nta nzu Idrissa Ouédraogo yubakiye umuryango we

Ni ubutumwa bureburebure yashyize hanze yifashishije urubuga rwe rwa Instagram, kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Nzeri 2026, avuga ko yari guceceka nk’uko bisanzwe ntaganire inkuru ye, ariko ahitamo kuvuga kugira ngo abo agire inama abakiri bato btazagwa mu mutego nk’uwo yaguyemo. iyi nkuru ivuga ko Ishimwe yari umukobwa wakuriye mu muryango ukijijwe, akurira mu rusengero nk’abandi, ariga ndetse asoza amashuri yisumbuye. Umunsi ayasoza ni bwo yinjiye “mu butayu” bwe, abwinjiramo nta mazi afite. Ati “Ibyitwa ubuzima bwa nyuma y’intebe y’ishuri ntiyagize amahirwe yo kububamo. Mu gisa n’ubufindo bw’amarangamutima yakunze umuntu wamwize kera we atamuzi, dore ko yafashe akanya akitegereza inyenyeri yari imaze imyaka ine yaka.” “Nuko agambirira kuyizimya nk’itarigeze inyenyeza na gake yitwaje akarimi n’uduhendabana bikarishye. Umukobwa wa Maman ntiyigeze arabukwa ayo mayeri matindi, ngo ahweze, atahure umugambi wa Sekibi, ahubwo yagize ngo arakunzwe bidasanzwe. Nuko amatwi araziba ahunga inama, ntiyongera kumva inama z’abamukuriye.” Icyo gihe amarangamutima yari yamuyoboye, atazi ko uwo muntu yari yubatse, afite undi muryango, ndetse n’abandi bana.

User Editor
42 0
Bitunguranye Michelle Bachelet yikuye mubahataniye kuyobora Loni
Bitunguranye Michelle Bachelet yikuye mubahataniye kuyobora Loni

Michelle Bachelet wahoze ari Perezida wa Chili yakuyemo kandidatire ye ku mwanya w'umunyamabanga mukuru w'Umuryango w'Abibumbye (UN), nyuma y'ibyumweru itora ryo kureba uko abakandida bahagaze rimushyize ku mwanya wa karindwi mu bakandida umunani, nkuko bitangajwe ni bitangazamakuru bitandukanye Mu butumwa yashyize hanze kuri uyu gatandatu ku mbuga nkoranyambaga, Bachelet, wabaye Perezida wa Chili wa mbere w'umugore, yagize ati: "Uyu munsi natangaje ko nafashe icyemezo cyo kudakomeza na kandidatire yanjye ku mwanya w'umunyamabanga mukuru w'Umuryango w'Abibumbye."

User Editor
16 0
Ad
Bana Natwe

Rubavu, Gisenyi, West

+250 787 126 439

inumatvjoe@gmail.com

Amafoto

Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.