Ad

Amakuru Mashya

Amakuru Aheruka

Reba Byose
M23  yamaganye leta ya kinshasa yateye ibisasu bikomeye muri Point Zéro
M23 yamaganye leta ya kinshasa yateye ibisasu bikomeye muri Point Zéro

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka yatangaje ko Kuva saa yine za mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 19 Nzeri 2026, ingabo zishyize hamwe z’ubutegetsi bwa Kinshasa zatangiye ibitero bishya byo kurasa ibisasu mu gace ka Point Zéro, zikoresheje imbunda za mortier za milimetero 82 ndetse na drones zitagira abapilote zikoreshwa mu bitero byubwiyahuzi .

User Editor
30 0
DRC:Miguel Masaisai wamamaye mu kunyonga igare yapfuye
DRC:Miguel Masaisai wamamaye mu kunyonga igare yapfuye

ibitangazamakuru bitandukanye biratangaza uwamenyekanye mu kunyonga igare muri congo Miguel Masaisai yapfuye ku wa Gatanu tariki ya 18 Nzeri, nyuma yo gukora impanuka yo mu muhanda yabereye i Kabos, mu birometero 9 uvuye i Ntam, ku mupaka uhuza Repubulika ya Congo na Cameroun. Amakuru yakusanyirijwe aho impanuka yabereye avuga ko Miguel Masaisai yari yagize ikibazo cy’igare rye, maze asaba ubufasha umushoferi wa tagisi kugira ngo amugeze ahantu yari gusana igare rye, akomeze urugendo rwe. Iyo tagisi, yari itwaye abandi bagenzi babiri, nyuma yakoze impanuka. ibitangazamakuru byo muri iki gihugu bikavuga ko abantu bane bari muri iyo tagisi, harimo n’umushoferi, bose bahitanywe n’iyo mpanuka. Icyateye iyo mpanuka nyirizina ntikiramenyekana. Umuryango we ntiwemeza ko yapfuye Umuryango wa Miguel Masaisai utuye i Goma kuri uyu wa Gatandatu mu gitondo, ntiwemeza ko yapfuye. mushiki we yavuze ko umuryango ukomeje kuvugana n’umuyobozi wa Miguel Masaisai.

User Editor
10 0
Ad
Bana Natwe

Rubavu, Gisenyi, West

+250 787 126 439

inumatvjoe@gmail.com

Amafoto

Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.